Nyuma y’igihe atumvikana “Nizzo” yagarutse mu yindi sura afungura studio ya ‘Podcast’

Nizzo Kaboss wamenyekanye  mu itsinda rya Urban Boys,agarutse mu ruhando  nyuma y’igihe atumvikana yafunguye studio agiye kujya akoreramo ibiganiro bizwi nka ‘Podcast’ mu rwego rwo gutambutsa ibitekerezo bye n’iby’abandi ku bijyanye …

Nyuma y’igihe atumvikana “Nizzo” yagarutse mu yindi sura afungura studio ya ‘Podcast’ Read More

Ntibisanzwe,Umupolisi nyuma yo kwicukurira Imva akanayubaka mu buryo bugezweho,ubu yamaze kugura n’isanduku y’agaciro.

Mu gihugu cya Tanzania mu minsi yashize havuzwe inkuru y’umupolisi wicukuriye Imva yo kuzashyingurwamo mu gihe yasezeye kuri ubu buzima bw’isi ,iyi imva ikaba yaranayubutase mu buryo bugezweho aho yatwaye …

Ntibisanzwe,Umupolisi nyuma yo kwicukurira Imva akanayubaka mu buryo bugezweho,ubu yamaze kugura n’isanduku y’agaciro. Read More

Abana babiri b’impanga b’umwaka umwe bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batezweho ibisasu

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryatangaje ko ryabashije gutegura ibisasu byari byatezwe ku bana babiri b’impanga b’umwaka umwe bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagamijwe kugaba igitero ku nzego z’umutekano. Ibi …

Abana babiri b’impanga b’umwaka umwe bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batezweho ibisasu Read More