Biratangaje Umukobwa w’imyaka 26 yashyingiranwe n’umusaza umurusha imyaka 44[AMAFOTO]

Umukobwa  w’imyaka 26 yakoze ubukwe n’umusaza umurusha imyaka 44 Ubu bukwe bwabereye muri Benin bwatangaje abantu benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ikinyuranyo cy’imyaka y’aba bombi. Umukobwa w’imyaka 26 yakoze ubukwe n’umusaza w’umuzungu w’imyaka 70 y’amavuko.

Uyu mukobwa ukomoka muri Benin bivugwako yari amaze imyaka igera kuri ibiri akundana n’uyu muzungu.

Uyu mukobwa  Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru B-News, yahamijeko urukundo arirwo rwabahuje akumva ntawundi mugabo akeneye atari uyu nguyu bakoze ubukwe.

ati:’’Abantu benshi bakomeje gutangazwa n’ikinyuranyo cy’imyaka n’umukunzi wanjye ariko bakirengagiza ko namukunze ndetse nkiyemeza kubana nawe ubuzima bwanjye bwose’’……

Uyu mukobwa ukomoka muri Benin bivugwako yari amaze imyaka igera kuri ibiri akundana n’uyu muzungu.

 

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *