Minisiteri y’Ikoranabuhanga na inovasiyo yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya internet idahagije mu Rwanda

Aba badepite bateranye ku wa kane tariki 21 Mata 2022 bavuga ko batumva uburyo hari ibikorwaremezo bihagije byashyizweho ndetse byanatumye internet ibasha kugera mu gihugu hose ku kigero cya 66% …

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na inovasiyo yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya internet idahagije mu Rwanda Read More

Gen Muhoozi Kainerugaba yagize icyo avuga ku gihe azagarukira kuri Twitter yabaye ahagaritse.

Hashize iminsi havuzwe inkuru ya Gen Muhoozi Kainerugaba kubijyanye no kuba konti ye  ya Twitter  itakiboneka aho uwageragezaga kuyishaka bamubwiraga ko iyi konti itabonetse,bamwe batekereje ko yaba yarenze ku mabwiraza …

Gen Muhoozi Kainerugaba yagize icyo avuga ku gihe azagarukira kuri Twitter yabaye ahagaritse. Read More

Twitter igiye gukora uburyo umuntu wanditse ubutumwa yajya agira amahitamo yo gukosora niba hari ahantu harimo ikosa

Ni impinduka zimaze igihe zitegerezanyijwe amatsiko n’abakoresha uru rubuga kuko umuntu wanditse ikosa byamusabaga gusiba ubutumwa bwe.   Izi mpinduka zibaye nyuma yaho Elon Musk yinjiye mu Nama y’Ubutegetsi ya …

Twitter igiye gukora uburyo umuntu wanditse ubutumwa yajya agira amahitamo yo gukosora niba hari ahantu harimo ikosa Read More

Rossgram urubuga rukora neza nka Istagram rugeiye gutangizwa mu burusiya mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo.

Kubera intambara igihugu cy’u Burusiya cyatangije muri Ukraine bikagira ingaruka zo guhagarika social network zimwe zirimo nka Istragram,Facebbok ndetse na Youtube, byatumye umuherwe w’umurusiya Alexander Zobov atekereza gukora Social Network …

Rossgram urubuga rukora neza nka Istagram rugeiye gutangizwa mu burusiya mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo. Read More

Mara Phones ya Afurika y’Epfo igiye gutezwa cyamunara iyo mu Rwanda yo bite byayo ?

Mu Ukwakira 2019, ibinyamakuru bikomeye ku rwego rw’Isi byerekeje amaso muri Afurika, aharimo kubera ’igitangaza’, nk’uko bamwe babyise, cy’ifungurwa ry’uruganda rwa mbere rukora telefoni aho kuziteranya nk’uko byari bimenyerewe. Byari …

Mara Phones ya Afurika y’Epfo igiye gutezwa cyamunara iyo mu Rwanda yo bite byayo ? Read More