Meya w’Akarere ka Bugesera yagaragaye ari gusekura no gukaranga ikawa-AMAFOTO

Richard Mutabazi Mayor wa Karere ka Bugesera yagaragaye yicaye imbere y’inkono ya Kinyarwanda ari gukaranga ikawa, ni ifoto yakwirakwijwe ku mbuga zitandukanye,benshi byarabatangaje ndetse banibaza byinshi.

Ibi Mayor yabikoze hari umuhango wo kwakira ibikoresho by’ikipe y’abakobwa ya Bugesera Cycling Team ndetse n’abandi bari baje kwitabira uwo muhango wo kwakira ibikoresho iyi kipe yahawe n’abaterankunga batandukanye

Ubwo imihango yari irangiye yo kwakira ibi koresho nibwo mayor Richard Mutabazi yafashe agasekuru asekura ikawa, arangije yicara imbere y’agakono arayikaranga, abari aho basangira ku buzima bwiza bwa kawa.Ngiyo inkomoko yoyo mafaoto bamwe bari batangiye kwibazaho byinshi.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *