Umuhanzi Davido yatangaje igihe azakorere ubukwe na Chioma bamaze igihe bakundana

Umuhanzi w’ikirangirire w’ukomoka mu gihugu cya Nigeria Davido yashize atangaza ko ari hafi gukora ubukwe n’uwo yihebeye Chioma nyuma yamakuru yari yagiye hanze avuga ko umubano wabo utameze neza.

Mu mashusho yashyizwe hanze n’umupasiteri w’umunyanijeriya witwa Tobi Adegboyega,agaragarara agira ati:”Umugore wacu umugore wacu wa nyawe.”

Nyuma y’aya magambo ya pasiteri, Davido na we abishimangira agira ati:”Ibyo ni byo ijana ku ijana, 2023 niyo izabihamya.”

Davido na Chioma bamenyanye kera ubwo biganaga  muri Kaminuza, nyuma urukundo rwabo ruza gukomera banibaruka umwana mu mwaka wa 2019.

Mu bihe byashize hari amakuru yagiye hanze avuga ko aba bombi batandukanye.

Ubundi ubukwe bwaba bombi bwari butegerejwe mu mwaka wa 2020 buza gukomwa munkokora n’cyorezo CYA cOVID -19  cyari gihagayikishije isi.

Davido usanzwe ifite abakobwa bandi 2 yabyaye ku bagore 2 batandukanye aherutse gutanagaza ko Chioma amubonamo ishusho ya nyina witabye Imana ibi bikaba bihamya urukundo amukunda rutagereranywa.

Chioma and Davido latest update: See how Nigerians take react to di  Musician message to 'Mama Ify' on her birthday - BBC News PidginDavido na Chioma banafitanye umwana baritegura gukora ubukwe.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *