Amafoto 20 agaraza ubwiza n’imiterere ya Keza warijije umuhanzi Niyo Bosco

Byatangiye kuri Instagram ye amashusho arimo asangira na we agaherekezwa n’amagambo yo guca amarenga ko bari mu rukundo.

Aya mashusho ntabwo yatinzeho kuko yahise ayasiba aho byavuzwe ko yabisabwe n’abashinzwe kureberera inyungu ze.

Kwihangana byanze maze ku mugoroba w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Niyo Bosco yongera gushyira ifoto y’uyu mukobwa ku rukuta rwe rwa Instagram.

Uyu mukobwa mu magambo yaherekejwe n’agatima, yahise avuga ati “urugendo ni bwo rutangiye”, Niyo Bosco na we yahise avuga ati “ubu n’iteka ryose.”

Niyo Bosco yamenyekabye cyane mu ndirimbo ’Ubigenza Ute?’, ’Ishyano’, ’Babylon’ n’inzindi, aheruka gushyira hanze indirimbo nshya ’Eminado’, indirimbo ye ya mbere kuva yakwinjira muri KIKAC Music.

Keza Nabrizza ubugwa mu rukundo na Niyo Bosco

Niyo Bosco akomeje guca amarenga ko ari mu rukundo

AMAFORO : ISIMBI.RW

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *