Nyamagabe: Gitifu yanditse ibarwa asaba ko umurenge ayobora wajya muri guma mu rugo ahabwa inkwenene n’ubuyobozi bw’akarere

ku mugoroba wo kuwa 3 Kanama 2021 nibwo hamenyekanye inkuru ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare w’akarere ka Nyamagebe Ndagijimana Gustave, yafashe icyemezo cyo gushyira muri gahunda ya Guma mu …

Nyamagabe: Gitifu yanditse ibarwa asaba ko umurenge ayobora wajya muri guma mu rugo ahabwa inkwenene n’ubuyobozi bw’akarere Read More

Reba bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko urwaye kanseri y’inkondo y’umura nicyo wakora ngo uyirinde

Kanseri y’inkondo y’umura ni imwe muri canseri zihangayikishije isi dore ko iyi kanseri iri ku mwanya wa kabiri mu ma kanseri y’abagore, umwanya wa mbere ukabaho kanseri y’ibere. Iyi kanseri …

Reba bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko urwaye kanseri y’inkondo y’umura nicyo wakora ngo uyirinde Read More

Abanyamakuru biganjemo aba Rdio10 bandagajwe bikomeye na Mupenzi Eto ushinzwe kugurira APR abakinnyi

 Abanyamakuru biganjemo aba Rdio10 bandagajwe bikomeye na Mupenzi Eto ushinzwe kugurira APR abakinnyi.  Umunyamakuru Kazungu Claver wa Radio10 ukora mu kiganiro cy’imikino cyizwi nk’Urukiko, akaba yarahoze ari n’umuvugizi wa APR …

Abanyamakuru biganjemo aba Rdio10 bandagajwe bikomeye na Mupenzi Eto ushinzwe kugurira APR abakinnyi Read More