RIB yerekanye umugabo washukaga abagore n’abakobwa ko agiye kubaha akazi ubundi akabasambanya

RIB, kuri uyu wa Kabiri yeretse  itangazamakuru umugabo w’imyaka 35 ukekwaho gushuka abakobwa n’abagore akabahamagara kuri telefone ngo baze abahe akazi, yahura nabo akabasambanya akabiba n’ibyo bari bafite. Amahano uyu …

RIB yerekanye umugabo washukaga abagore n’abakobwa ko agiye kubaha akazi ubundi akabasambanya Read More

Hagiye gutangira uburyo bw’ikoranabuhanga rigiye gukemura ikibazo cyo gutinda gushyira mu myanya abarimu

Abarimu bari basanzwe basaba akazi bakoresheje ko hereza impapuro zisaba akazi kuri imeyeri hakabaho guhitamo abajyjuje ibisabwa ndeste hakazanabaho igihe cyo gukora ibizamini ariko muburyo bwo gukorere ku mpapuro,ibi bikba …

Hagiye gutangira uburyo bw’ikoranabuhanga rigiye gukemura ikibazo cyo gutinda gushyira mu myanya abarimu Read More