Ibimenyetso 4 Byerekana ko Ukoresha Ibiryo Birimo isukari nyinshi kandi ko Ukeneye kubihagarika.

Kuribwa mu gifu, umunaniro udasobanutse cyangwa kwihagarika kenshi bishobora rimwe na rimwe kuba ikimenyetso cy’isukari nyinshi mu mubiri.Ubuvuzi n’ubushakashatsi byerekanye ko gufata ibiryo birimo isukari ari ngombwa mu kubaka amagufwa …

Ibimenyetso 4 Byerekana ko Ukoresha Ibiryo Birimo isukari nyinshi kandi ko Ukeneye kubihagarika. Read More

Cristiano Ronaldo agarutse aho amateka ye yatangiriye,Ibyishimo Old Trafford!ibyishimo kubafana ba Manchester United

Cristiano Ronaldo wari usigaje umwaka umwe mu ikipe ya Juventus,  byamaze gutangazwa ko yamaze kumvikana n’ikipe yatangiriyeho gukora amateka  Manchester United yagezemo 2003 akayivamo 2009 agiye muri Real Madrid batandukanye …

Cristiano Ronaldo agarutse aho amateka ye yatangiriye,Ibyishimo Old Trafford!ibyishimo kubafana ba Manchester United Read More

Abafite amafoto batishimiye ku marangamuntu yabo bashyizwe igorora kuko bashobora kuyahindura.

NIDA ni ikigo ki gihugu gishinzwe Irangamuntu,kikaba cyatangaje ko kubantu batishimiye amafoto yabo ari ku marangamuntu cyangwa akaba atagihuye nigihe bagezemo ugereranyije nigihe bayafotoreye,bakwiye kugana umukozi ushinzwe irangamimerere ku murenge …

Abafite amafoto batishimiye ku marangamuntu yabo bashyizwe igorora kuko bashobora kuyahindura. Read More

Minisitiri Bamporiki Eduard uri mu kiruhuko yagiriye ibihe byiza ku mazi we n’umufasha we(AMAFOTO)

Bamporiki Edouard Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yagaraje amafoto aho ari mubiruhuko we nu’umufasha we aho  bagaragaje ko baryohewe niki kiruhuko. Iki kiruhuko cyatangajwe ubwo inama y’abaminisitiri yari …

Minisitiri Bamporiki Eduard uri mu kiruhuko yagiriye ibihe byiza ku mazi we n’umufasha we(AMAFOTO) Read More

Dore ukoTombora y’amakipe azahura mu matsinda muri UEFA Champions League yagenze.

Nkuko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi,ubwo habaga tombora yuko amakipe azahura mu matsinda kuri uyu mugoroba nibwo tombora irangiye. Nkuko bigaragara hari amakipe akomeye yagiye ahurira mu itsinda …

Dore ukoTombora y’amakipe azahura mu matsinda muri UEFA Champions League yagenze. Read More

Nsengiyumva Francois”Igisupusupu” wari ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 13 yarekuwe n’urukiko

Nsengiyumva Francois uzwi nka Igisupusupu wari umaze iminsi afungiye muri Gereza ya Rwamagana Nyuma y’amezi asaga abiri, ku cyaha yari akurikiranyweho cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13, ubu yamaze kurekurwa …

Nsengiyumva Francois”Igisupusupu” wari ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 13 yarekuwe n’urukiko Read More