Rayon Sports yamaze gusinyisha umukinnyi ukomeye wanyuze no muri mukeba APR FC

Rayon Spots yamaze n’umukinnyi wo hagati mu kibuga Bukuru Christophe w’imyaka 25

Uyu musore yasubiye mu ikipe yahozemo ya Rayon Sports aho Azakinira  mu mikino yo kwishyura.

Bukuru Christopher asubiye muri Rayon Sports avuye muri APR FC aho ya yivuyemo yirukanwe kubera imyitwarire mibi.

May be an image of 1 person

 

Rayon sports kandi biravurwa ko yamaze ku mvikana nu murundi Kwizera Pierrot .

Amakuru aturuka mu bantu bimbere  muri Rayon Sports ni uko Kwizera Pierrot yasinye imyaka ibiri, ariko byagizwe ibanga kuko agikinira AS Kigali kugeza imikino ibanza ya Shampiyona irangiye mu mpera z’uku kwezi.

Muri Nzeri 2019 ni bwo Kwizera Pierrot yasinyiye AS Kigali, ariko ntiyayikinira mu mwaka wa mbere kubera imvune.

Uyu mukinnyi mpuzamahanga w’u Burundi yageze mu Rwanda muri Mutarama 2015, aho yasinyiye Rayon Sports ku masezerano y’umwaka umwe n’igice mu gihe mu mpeshyi ya 2016 yasinye indi myaka ibiri.

 

Ubwugarizi bwacu bwakoze amakosa Azam FC iyabyaza umusaruro – Kwizera  Pierrot | eachamps rwanda

Kwizera Pierrot

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *