Impinduka muri Njyanama y’Akarere, imibare yabayigize yagabanijwe,ubu izaba igizwe n’Abajyanama 17

Umutwe w’Abadepite watoye itegeko rigenga Akarere, rikaba riteganya ko Inama Njyanama y’Akarere izaba igizwe n’abajyanama 17 mu gihe ubusanzwe babaga barenze17 bitewe n’umubare w’Imirenge igize buri Karere. Iri tegeko riteganya …

Impinduka muri Njyanama y’Akarere, imibare yabayigize yagabanijwe,ubu izaba igizwe n’Abajyanama 17 Read More

Inkuru y’uruhererekane ivuga umwana warezwe na nyirakuru ubwo ababyeyi be bari bamaze gutandukana

Pupuri yakuze abana na nyirakuru. Yamwitaga nyina kubera ko yamenye ubwenge ariwe abona iruhande rwe. Pupuri yatandukanye n’ababyeyi be ubwo yari afite umwaka umwe n’igice gusa.Hari mu mwaka wi 2008, …

Inkuru y’uruhererekane ivuga umwana warezwe na nyirakuru ubwo ababyeyi be bari bamaze gutandukana Read More

Sudani y’Epfo Abapolisi bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bambitswe imidali y’ishimwe y’ishimwe (AMAFOTO)

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidali y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo. Abapolisi b’u Rwanda bambitswe imidali ni   158 bagize itsinda ry’abapolisi bari mu butumwa …

Sudani y’Epfo Abapolisi bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bambitswe imidali y’ishimwe y’ishimwe (AMAFOTO) Read More

Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida

Umukinnyi w’iteramakofe Manny Pacquiao, uteganya kwiyamamariza kuba perezida wa Philippines mu matora yo mu 2022, yatangaje ko ya sezeye mu mukino w’iteramakofe kugira ngo yibande k’umwuga we wa politiki. Pacquiao, …

Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida Read More

Dr Kayumba Christopher yashinjijwe ko yasambanyije umukobwa wamukoreraga mu rugo batabyumvikanye.

Dr Kayumba Christopher akaba n’umunyapolitike, yagejejwe mu rukiko aregwa icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato aho ngo yasambanyije umukozi we wo mu rugo w’umukobwa no kugerageza gusambanya undi ariko ntabigereho, …

Dr Kayumba Christopher yashinjijwe ko yasambanyije umukobwa wamukoreraga mu rugo batabyumvikanye. Read More