Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida

Umukinnyi w’iteramakofe Manny Pacquiao, uteganya kwiyamamariza kuba perezida wa Philippines mu matora yo mu 2022, yatangaje ko ya sezeye mu mukino w’iteramakofe kugira ngo yibande k’umwuga we wa politiki. Pacquiao, …

Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida Read More

Umwe mu banayamakuru bakunzwe cyane hano mu Rwanda Samu Karenzi yasezeye kuri Radio10 yari amaze igihe gito iyibereye umuyobozi

Umwe mu banayamakuru b’imikino  Samu Karenzi wamamaye cyane hano mu Rwanda kubera ubusesenguzi bwe bunyura benshi cyane cyane kubera ko adatinya kugaragaza aho ahagaze , akaba yaramenyekanye cyane mu kiganiro …

Umwe mu banayamakuru bakunzwe cyane hano mu Rwanda Samu Karenzi yasezeye kuri Radio10 yari amaze igihe gito iyibereye umuyobozi Read More