Neymar yagize imvune ikomeye mu mukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Saint-Etienne

Neymar yagize imvune mu mukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Saint-Etienne ibitego 3-1 ku Cyumweru muri Shampiyona y’u Bufaransa. ndetse ashobora kumara igihe kirere adakina nyuma yo kuvunikira
Neymar yavunitse ahagana ku kabombambari nyuma yo guterwa n’umukinnyi wa Saint-Etienne mu gice cya kabiri.

Umutoza wa PSG, Mauricio Pochettino, yabwiye abanyamakuru nyuma y’umukino ko kugeza ubwo yaganiraga na bo ko “ntacyo kuvuga gihari”.

Ati “Yabaye mu kabombambari. Ejo, azakorerwa ibizamini bzatuma tumenya bike ku mvune ye.”

Bitewe n’uburyo imvune igaragara, Neymar ashobora gusiba umukino wa Ligue 1 uzabahuza na Nantes ku wa Gatatu.

Uyu mukinnyi w’imyaka 29, ashobora kandi kubagwa, byatuma ageza mu ntangiriro z’umwaka utaha akiri hanze y’ikibuga

Umutoza wa PSG, Mauricio Pochettino, yabwiye abanyamakuru nyuma y’umukino ko kugeza ubwo yaganiraga na bo ko “ntacyo kuvuga gihari”.

Ati “Yabaye mu kabombambari. Ejo, azakorerwa ibizamini bzatuma tumenya bike ku mvune ye.”

Bitewe n’uburyo imvune igaragara, Neymar ashobora gusiba umukino wa Ligue 1 uzabahuza na Nantes ku wa Gatatu.

Uyu mukinnyi w’imyaka 29, ashobora kandi kubagwa, byatuma ageza mu ntangiriro z’umwaka utaha akiri hanze y’ikibuga.

Nyuma y’umukino Neymar yagiye ku mbuga nkoranyamabaga yandika ko yizeye ko azagaruka mu kibuga ameze neza

kwemeza uko imvune ye izavurwa.

Neymar yavunitse mu buryo bwateye benshi ubwoba.
Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *