Impinduka ku cyaha cyo gusambanya abana,mbwambere mu mateka y’u Rwanda hatangajwe urutonde rwabakoze iki cyaha.

Abantu 322 binganjemo abagabo nibo batangajwe bwa mbere mu mateka y’u Rwanda ku rutonde rw’abantu bahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha ku gahato imibonano mpuzabitsina Ubwo u Rwanda rwifatanyaga …

Impinduka ku cyaha cyo gusambanya abana,mbwambere mu mateka y’u Rwanda hatangajwe urutonde rwabakoze iki cyaha. Read More

Kigali: Gasabo haravugwa umugabo wishe umugore we amukubise isuka , ashatse kwiyahura abaturage baramufata

Mu karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Ntamavukiro Joseph utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, wakubise isuka umugore we Habiyambere Vinantie amuhoye ibihumbi 10,000 Frw ahita amwica. …

Kigali: Gasabo haravugwa umugabo wishe umugore we amukubise isuka , ashatse kwiyahura abaturage baramufata Read More