Mara Phones ya Afurika y’Epfo igiye gutezwa cyamunara iyo mu Rwanda yo bite byayo ?

Mu Ukwakira 2019, ibinyamakuru bikomeye ku rwego rw’Isi byerekeje amaso muri Afurika, aharimo kubera ’igitangaza’, nk’uko bamwe babyise, cy’ifungurwa ry’uruganda rwa mbere rukora telefoni aho kuziteranya nk’uko byari bimenyerewe. Byari …

Mara Phones ya Afurika y’Epfo igiye gutezwa cyamunara iyo mu Rwanda yo bite byayo ? Read More

Ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2021/ 2022 iziyongeraho miliyari 633 Frw

Minisitiri w’Imari n’Igenamgigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yagejeje ku bagize Inteko Ishinga Amategeko umushinga w’Ingengo y’Imari ivuguruye y’umwaka wa 2021/2022 aho biteganyijwe ko izava kuri miliyari 3.807 ikagera kuri miliyari 4.440,6 …

Ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2021/ 2022 iziyongeraho miliyari 633 Frw Read More

Kigali: Abaturiye Imihanda mishya yuzuye bashyizwe igorora, igiye gushyirwamo imodoka zitwara abagenzi

Urwego rw’igihugu Ngezura mikorere (RURA) rwamaze gutangaza imihanda mishya yuzuye,ndetse runagaragaza ko igiye gushyirwamo imodaka zitwara abagenzi(buses) mu rwego rwo korohereza abatuye muri utwo duce,yanasabye kandi abashaka gukora uyu murimo …

Kigali: Abaturiye Imihanda mishya yuzuye bashyizwe igorora, igiye gushyirwamo imodoka zitwara abagenzi Read More

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye na RDB basohoye ibisabwa kugirango umuntu afungure akabari.

Nkuko byemejwe n’inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, tariki ya 21 Nzeri 2021,hakemezwa ko utubari dufunguye, ariko amabwiriza yuko tuzakora hakemezwe ko  azashyirwaho na minisiteri …

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye na RDB basohoye ibisabwa kugirango umuntu afungure akabari. Read More