Umunyamakuru ukorera Kiss FM Cyuzuzo yambitswe impeta n’umusore bagiye kurushinga (AMAFOTO)

Umunyamakuru  Cyuzuzo Jeanne d’Arc ukora kuri Kiss FM n’ikiganiro ‘Ishya’ gitambuka kuri Televiziyo y’u Rwanda, yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga. Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 5 Ukuboza 2021, Cyuzuzo …

Umunyamakuru ukorera Kiss FM Cyuzuzo yambitswe impeta n’umusore bagiye kurushinga (AMAFOTO) Read More

Izi nizo mpamvu zikomeye zituma uba utagomba gushyira ibijyanye n’urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga

Nubo urukundo ari rwiza ariko sibyiza nanone  kwirirwa ushyira ku karubanda ibyurukundo ufitanye nuwo muri kumwe muri urwo rukundo.Kuri ubu Isi yabaye umudugudu, Ku buryo bidatangaje ko usanga umuntu asangiza …

Izi nizo mpamvu zikomeye zituma uba utagomba gushyira ibijyanye n’urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga Read More

Ya Couple y’abakobwa bahuje ibitsina bafite uburanga butangaje,yari yaramamaye muri Africa yatanukanye(AMAFOTO)

Iyi couple y’aba batinganyi b’ibyamamare umwe yitwa Michelle Nkatha Ntalami akaba ari umunya-Kenya w’umushabitsi washinze kompanyi yitwa Marini Naturals. Iyi nkumi y’uburanga yigeze kushyirwa mu bagore b’ibitangaza 100 muri Africa …

Ya Couple y’abakobwa bahuje ibitsina bafite uburanga butangaje,yari yaramamaye muri Africa yatanukanye(AMAFOTO) Read More

Mwiza Joannah wakundanye na Uncle Austin nyuma bakaza gutandukana yambitswe impeta y’urukundo(AMAFOTO)

Mwiza Joannah wabaye igihe kinini mu rukundo n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru wa Kiss Fm, Tosh Luwano (Uncle Austin) ndetse bakanabyarana  , yambitswe impenda y’urukundo n’undi musore. Hirwa Augustin niwe  musore wambitse …

Mwiza Joannah wakundanye na Uncle Austin nyuma bakaza gutandukana yambitswe impeta y’urukundo(AMAFOTO) Read More