Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida

Umukinnyi w’iteramakofe Manny Pacquiao, uteganya kwiyamamariza kuba perezida wa Philippines mu matora yo mu 2022, yatangaje ko ya sezeye mu mukino w’iteramakofe kugira ngo yibande k’umwuga we wa politiki. Pacquiao, …

Philippine:Manny Pacquiao yamaze gutangaza ko asoje umukino w’iteramakofe agiye kwiyamamariza kuba Perezida Read More

Perezida yarekanye ko adakeneye icyubahiro yanga kugenda mu ndege yamugenewe atega iyabagenzi.

Nyuma y’igihe gito atorewe kuyobara Zambia,Perezida Hakainde Hichilema wahigitse Edgar Lundu , akomeje kwandika amateka aho akomeje kwanga ibyubahiro. Ku ikubitiro yanze kujya mu nzu igenerwa aba Perezida ba Zambia, …

Perezida yarekanye ko adakeneye icyubahiro yanga kugenda mu ndege yamugenewe atega iyabagenzi. Read More