Rugamba Sipiriyani na Daforoza gushyirwa mu batagatifu bisa nibigeze ku musozo,iperereza bakorwagaho ryarangiye

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yasoje iperereza ryerekeye ishyirwa mu bahire n’abatagatifu kuri Sipiriyani na Daforoza Rugamba n’abana bapfanye. Rugamba Sipiriyani ndetse n’umufasha we Daforoza Rugamba, ni abantu baranzwe nubutwari budasanzwe,ndetse …

Rugamba Sipiriyani na Daforoza gushyirwa mu batagatifu bisa nibigeze ku musozo,iperereza bakorwagaho ryarangiye Read More

Padiri François d’Assise Hategekimana wakoreraga umurimo we muri Dioseze Katolika ya Cyangugu yitabye Imana

Itangazo ryashyizwe hanze na  Musenyeri Edouard Sinayobye, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu yasohoye, aravuga ko uwo Mupadiri yitabye Imana azize uburwayi tariki 17 Kanama 2021. Padiri Padiri François d’Assise …

Padiri François d’Assise Hategekimana wakoreraga umurimo we muri Dioseze Katolika ya Cyangugu yitabye Imana Read More

Uganda: Umugore yahishuye uko Imana yamutegetse gutegereza akarongorwa n’uwahoze ari umukunzi w’inshuti ye.

Umugore wo mu gihugu cya Uganda witwa Jullian Atukwatse, yavuze uko yahuye n’umugabo we, Emmanuel Bujjingo, ndetse n’uburyo Imana yamubwiye kumutegereza, nubwo yari umukunzi w’uwahoze ari inshuti ye. Mu kiganiro …

Uganda: Umugore yahishuye uko Imana yamutegetse gutegereza akarongorwa n’uwahoze ari umukunzi w’inshuti ye. Read More

Ntibisanzwe!! Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amaturo make

Umuvugabutumwa witwa Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga (Amaturo) make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, …

Ntibisanzwe!! Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amaturo make Read More

Ndambiwe abagabo bahora banyoherereza ubutumwa bandeshya: Gaby Kamanzi ku bamwushyiraho igitutu cyo gushaka

Umuhanzi Gaby Kamanzi uri mu bakunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yavuze ko arambiwe abantu bahora bamushyiraho igitutu cyo gushaka ndetse n’abagabo bahora bamwoherereza ubutumwa …

Ndambiwe abagabo bahora banyoherereza ubutumwa bandeshya: Gaby Kamanzi ku bamwushyiraho igitutu cyo gushaka Read More