Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye na RDB basohoye ibisabwa kugirango umuntu afungure akabari.

Nkuko byemejwe n’inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, tariki ya 21 Nzeri 2021,hakemezwa ko utubari dufunguye, ariko amabwiriza yuko tuzakora hakemezwe ko  azashyirwaho na minisiteri …

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye na RDB basohoye ibisabwa kugirango umuntu afungure akabari. Read More

Abantu 20 bafatiwe mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza ibicuruzwa bya magendu.

Aba uko bafashwe bakaba babisabira imbabazi kandi bakanagira abandi kwirinda gukoresha magendu kuko imunga ubukungu n’Iterambere ry’igihugu. Bose uko ari 20 baremera ko ibicuruzwa bacuruzaga bitemewe n’ubwo ntawerura ngo avuge …

Abantu 20 bafatiwe mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza ibicuruzwa bya magendu. Read More